Articles in Services
Rulindo children celebrate African Child
Rulindo district on this Sunday the 16th.June.2013 celebrated the African Child Day in Rusiga sector. This function was characterized by children taking words and making suggestions to their parents and their peers.
Children in this function …
Ikibazo cy’abana b’imfubyi bariganywa imitungo na bene wabo kiza ku isonga mu bibazo by’imitungo
Komisiyo ishinzwe gukurukirana imitungo n’imari by’igihugu mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda iragaragarizwa ko ikibazo cy’imitungo y’abana b’imfubyi ari kimwe mu biza ku isonga mu bibazo by’imitungo biboneka mu gihugu.
Ibi bakaba babigaragarijwe mu karere ka …
Rulindo: abana barasaba ababyeyi kutababuza uburengenzira bwabo.
Kuri uyu wa 16/6/2013, mu karere ka Rulindo hizihijwe umunsi mukuru ngaruka mwaka w’umwana w’umunyafrika.
Ibirori by’uyu munsi ku rwego rw’akarere, byabereye mu murenge wa Rusiga, bikaba byaranzwe no guha abana ijambo bagatanga ibitekerezo n’impanuro, ku …
Gatumba: Akarere ka Ngororero mu nzira yo gukemura ibibazo abaturage bafitanye na GMC
Nyuma y’imyaka 2 bamwe mubaturage bo mu kagali ka Cyome mu murenge wa Gatumba batabaza ubuyobozi bw’akarere babusaba kubakira ingurane kumitungo yabo yiganjemo amazu yangizwa n’ibikorwa by’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro ya koruta (Colta) na gasegereti (cassiterite), …
Nyanza: Ubuyobozi bwihaye igihe ntarengwa cyo kwishyuriza abangirijwe imitungo muri jenoside
Mu gihe ikibazo cyo kwishyuriza abarokotse jenoside imitungo yabo yononwe muri Mata 1994 gikomeje kuba ingorabahizi hirya no hino mu turere dutandukanye tw’igihugu, mu karere ka Nyanza hatanzwe igihe ntarengwa cy’uko mu cyunamo cy’umwaka utaha …
Ngororero: Abaturage barasabwa kujya bubaha ibyemezo by’inkiko
Abakozi b’inzu itanga ubufasha kuby’amategeko (maison d’Acces a la Justice MAJ) mu karere ka Ngororero barasaba abaturage b’ako karere kutinangira bagafata umuco wo kwemera ibyemezo by’inkiko igihe byavanywe murubanza.
Kuba hari abaturage batsindwa mumanza bagakomeza gutsimbarara …
Bugesera religious leaders training on trauma, its effects
The Rwanda Biblical Association is training religious leaders from different sectors in Bugesera district counseling as a way of dealing with the effects of the 1994 genocide against Tutsis to humanity.
The 4 days training is …
Umuvunyi: Ingaruka nyinshi za ruswa zigaruka ahanini ku bakene no kuri leta ubwayo
Urwego rw’umuvunyi ruratangaza ko ingaruka zikomeye za ruswa ahanini zigera ku baturage bakennye no kuri leta ubwayo, bityo rero ngo hakwiye kubaho ingamba zikomeye zo kuyirwanya.
Ibi ni bimwe mu byagarutsweho tariki ya 22/05/2013, ubwo urwego …
Bugesera: Harimo gutangwa ibiganiro ku isanamitima mu rwego rwo guhangana n’ingaruka za Jenoside
Umuryango wa Bibiriya mu Rwanda urimo gutanga ibiganiro ku isanamitima birahabwa abakuriye amadini n’amatorero bo mu mirenge itandukanye igize akarere ka Bugesera, mu rwego rwo guhangana n’ingaruka za Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda.
Ibyo biganiro by’iminsi …
Ruswa idindiza ubukungu n’iterambere ry’igihugu-Urwego rw’umuvunyi
Abakozi bashinzwe ubukungu n’iterambere ku rwego rw’utugari mu Karere ka Gatsibo, barasabwa gukumira, kwirinda no kurwanya ruswa n’akarengane kuko bidindiza ubukungu n’iterambere ry’abaturage n’igihugu muri rusange.
Ibi abakozi bashinzwe ubukungu n’iterambere ku rwego rw’utugali babisabwe mu …




