Articles in Bills and Laws
Itegeko rigenga abafite ubumuga rigiye kuvugururwa
Rusiha Gaston, Perezida w’Inama y’igihugu y’abafite ubumuga, avuga ko itegeko rigenga abafite ubumuga rizavugururwa mbere y’amatora y’abagize inteko ishinga amategeko azaba muri Nzeri uyu mwaka wa 2013.
Impamvu iri tegeko rizavugururwa, ngo ni ukubera ko byagaragaye …
Abunzi barahugurwa kugira ngo bunge abantu bashingiye ku mategeko
Umuhuzabikorwa wa komite z’abunzi mu Rwanda avuga ko mu rwego rwo kongerera ubushobozi abunzi bahabwa amahugurwa ajyanye n’amategeko kugira ngo bajye bakora akazi bashinzwe neza.
Abunzi ni abakorerabushake batorwa n’abaturage kugira ngo bace imanza cyangwa bunge …
Abahesha b’inkiko batari ab’umwuga bahawe ububasha n’itegeko, bwo kurangiza imanza zimwe na zimwe ku buryo bizorohereza abaturage
Itegeko rigenga abahesha b’inkiko batari ab’umwuga rirasobanutse kandi rizafasha abaturage mu kurangirizwa imanza nk’uko umuhuzabikorwa w’inzu y’ubufasha mu by’amategeko MAJ mu karere ka Nyabihu Kamanzi Vincent abivuga
Nk’uko igazeti ya Leta no14 yo kuwa 08/04/2013, mu …
Ngoma: Itegeko ry’ihohoterwa rishingiye ku gitsina rirengera n’ abagabo- A.P Mukandahiro
Intumwa za police y’igihugu ishami rishinzwe kurwanya ibyaha by’ ihohoterwa bwasabye abagabo kugaragaza ihohoterwa ryabo kuko itegeko rihana ihohoterwa ritagiriyeho kurengera abagore gusa nkuko benshi babyibaza.
Ubwo umwe muri izi ntumwa, Assistant of police Mukandahiro Jeanne …
Bugesera : Hakorewe ibiganiro ku mushinga w’itegeko ry’umuryango rizavugururwa
Abadepite bo muri Komisiyo ya politiki, uburinganire n’ubwuzuzanye bw’abagore n’abagabo kuwa 26/03/2013 bunguranye ibitekerezo n’abahagarariye inzego zitandukanye zikorera mu karere ka Bugesera ku mushinga w’itegeko rizavugurura itegeko ry’umuryango ryari risanzweho kugira ngo rizajyane n’igihe.
Nyuma y’imyaka …
Gicumbi – Abadepite bakusanyije ibitekerezo by’abaturage ku mushinga w’itegeko rigenga abantu n’umuryango mu Rwanda
Abadepite bagize Komisiyo ya Politiki baganiriye n’abaturage bo mu karere ka Gicumbi mu rwego rwo gukusanya ibitekerezo byabo ku mushinga w’itegeko rigenga abantu n’umuryango mu Rwanda.
Nk’uko byatangajwe mu nama yabaye kuri uyu wa 21/3/2013 n’abadepite …
Ruhango: inzego zitandukanye zatanze ibitekerezo ku itegeko ry’umuryango
Bamwe mu bagize Komisiyo ya politike umutwe w’abadepite bari kumwe n’umuyobozi w’akarere ka Ruhango wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage Mugeni Jolie Germaine
Komisiyo ya politike umutwe w’abadepite mu nteko ishingamategeko, urimo kuzenguruka mu turere twose isobanurira …
Ruhango: inzego zitandukanye zatanze ibitekerezo ku itegeko ry’umuryango
Bamwe mu bagize Komisiyo ya politike umutwe w’abadepite bari kumwe n’umuyobozi w’akarere ka Ruhango wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage Mugeni Jolie Germaine
Komisiyo ya politike umutwe w’abadepite mu nteko ishingamategeko, urimo kuzenguruka mu turere twose isobanurira …
Nyamagabe: Abaturage batanze ibitekerezo ku itegeko rigenga umuryango.
Kuri uyu wa gatanu tariki 15/03/2013 Abadepite bagize Komisiyo ya Politike, uburinganire n’ubwuzuzanye bw’abagore n’abagabo mu iterambere ry’Igihugu bunguranye ibitekerezo n’abaturage hamwe n’Abayobozi b’Akarere ka Nyamagabe ku mushinga w’itegeko rishya rigenga abantu n’umuryango.
Iri tegeko rishya …
Religious organisations urged to follow the law
Though they do a lot of beneficial activities, faith-based organisations have been advised to abide by the new law from Rwanda Governance Board (RGB).
Sheikh Saleh Habimana, the RGB’s head of NGOs, faith–based organisations and …







