News »

UN tribunals: Presidents say deadline impossible

June 16, 2013 – 6:34 am |

The presidents of the UN tribunals prosecuting alleged war criminals from the conflicts in the 1994 Rwanda genocide and the former Yugoslavia have said that they will not meet the UN Security Council deadline to …

Read the full story »
Bills and Laws
Courts & Agencies
Forum
Human Rights
Legal Aid
Home » Courts & Agencies

Rwanda : Ubudage busanga inkiko gacaca zarageze ku nshingano

Submitted by on July 9, 2012 – 10:50 amNo Comment

Guverinoma y’u Budage irashima uburyo u Rwanda rwabashije guha ubutabera bamwe mu banyarwanda, binyuze mu nkiko gacaca  zashojwe mu kwezi gushize kwa Kamena, 2012.

Manig Wolfgang umuyobozi w’ urwego rushinzwe ibihugu byo mu biyaga bigari muri minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Budage yavuze kuri uyu wa 06/07/2012 ko inkiko gacaca zabaye umuti uhamye ku mateka mabi y’ u Rwanda.

Ati: “Imbaraga u Rwanda rwakoresheje ngo rubonere umuti amateka mabi cyane rwanyuzemo zatumye rubasha guha ubutabera ababukeneye ari nako rwunga abaturage barwo”.

Uyu muyobozi avuga kandi ko muri byinshi byagezweho n’u Rwanda mu myaka 18 ishize rwibohoye, inkiko Gacaca ari umuhigo ukomeye ukwiye kubera urugero ibindi bihugu bya Afrika.

Manig avuga kandi ko u Rwanda ndetse n’umugabane wa Afrika muri rusange bigaragaza iterambere, aho kuri ubu ibi bihugu bigira uruhare rufatika muri politiki ndetse n’ubukungu bw’isi.

 

 

 

Leave a comment!

Add your comment below, or trackback from your own site. You can also subscribe to these comments via RSS.

Be nice. Keep it clean. Stay on topic. No spam.

You can use these tags:
<a href="" title=""> <abbr title=""> <acronym title=""> <b> <blockquote cite=""> <cite> <code> <del datetime=""> <em> <i> <q cite=""> <strike> <strong>

This is a Gravatar-enabled weblog. To get your own globally-recognized-avatar, please register at Gravatar.

Follow

Get every new post delivered to your Inbox

Join other followers