News »

Refugee’s reintegration process gets funding

May 17, 2013 – 1:19 pm |

The Government of Japan through its supplementary budget has given USD3 million to the International Organization for Migration’s (IOM), which will be used to fund humanitarian activities of reintegration for 5,000 Rwandan returnees and other …

Read the full story »
Bills and Laws
Courts & Agencies
Forum
Human Rights
Legal Aid
Home » News

Rwanda | Nyarugenge: umugabo yatawe muri yombi yiba insinga z’amashanyarazi

Submitted by on July 11, 2012 – 11:14 amNo Comment

Polisi y’igihugu ikorera mu karere ka Nyarugenge mu murenge wa Muhima yataye muri yombi umugabo wibaga insinga z’amashanyarazi.

Rutagengwa Etienne w’imyaka 28 wafashwe mu masaha ya saa moya z’ijoro yiba izo nsinga mu kagari ka Rugunga ngo yashakaga kujya kuzigurisha ku mugabo witwa Nzeyimana utuye i Gikondo mu karere ka Kicukiro.

Insinga uyu mugabo yibandagaho ngo ni izikoze muri copper kuko bazigurisha n’abandi bacuruzi bazijyana kuzicuruza hanze y’imipaka y’u Rwanda nk’uko polisi ibitangaza.

Ingeso yo kwiba insinga z’amashanyarazi yari yaragabanutse nyuma y’aho polisi ifatanije n’ikigo gishinzwe ingufu, amazi n’isukura (EWSA) bifatiye ingamba zikarishye ku baziba, polisi ikaba isaba ko buri wese yaba maso ngo icyo cyaha gishaka kubura umutwe cyongere gihashywe.

Ubufatanye hagati y’inzego z’umutekano, EWSA n’abaturage bukaba bukenewe ngo ubwo bujura bucike burundu.

Leave a comment!

Add your comment below, or trackback from your own site. You can also subscribe to these comments via RSS.

Be nice. Keep it clean. Stay on topic. No spam.

You can use these tags:
<a href="" title=""> <abbr title=""> <acronym title=""> <b> <blockquote cite=""> <cite> <code> <del datetime=""> <em> <i> <q cite=""> <strike> <strong>

This is a Gravatar-enabled weblog. To get your own globally-recognized-avatar, please register at Gravatar.

Follow

Get every new post delivered to your Inbox

Join other followers